mercredi 30 janvier 2008
the new gangstar
izina r'yajye nitwa issa salim papa wajye n'umwarabu na maman n'umunyaranda nkaba narabaye muri congo imyaka isaga cumi n'ibiri(12) kuko niho twari dutuye.hanyuma inambara ije twahungiye ibugande twese tuzakuba mu nkambi y'itwaga kibimbiri matanda icyo gihe ndibuka neza ko nari mfite imyaka itandatu tuzagutahuka dusubira muri congo aho twari dutuye hitwaga irucuro muri zone ya (gatwiguru) .turongera turahaba nnkiyindi imyaka isaga itatu(3).ubwo abokozi bo murugo bazakugambanira maman ngo n'umututsi nibagya mu mirima baze kumwica ibyo nabyo byari mubintu byatumye tuvayo iy'o muri congo kubera izo mamvu tuza kub'igoma mu mwaka wa1998 nyuma y'imyaka itatu cyangwa se (3)─(4) tuzakuvayo muri 2001na2002 icyirunga cyirutse tugy'igisenyi ubwo niho nabaye kugezu'bu.nagiye nishira mumikino itandukanye nka basketbal,foot bal ni'yindi mikino itandukanye ariko ni bya cobokeye kuko ntabikoresho narimfite.ubwo ngeze mwaka wa gatandatu primaire nahise nishira mubintu by'ubuhanzi ariko nabyo ni byandihiye kuko narimfite ubushobozi bwo kuba nasohora umuziki mubyu kuri narimfite amatsiko yokuba umuhanzi ukomeye nku warukigezweho mugihugu cyi burundi nka lolilo na fariousse kuko nari mfite groupe yajye yitwaga the new gangstar twaragerageje guhimba indirimbo z'urukundo cyane cyane na hip hop hamwe na r'nb. izina ryajye r'yubuhanzi ntwa uncle s cyangwa se u double s nabandi nka djadiga,wazbi hamwe nafaizo twese twashiraga hamwe.
Inscription à :
Publier les commentaires (Atom)
Aucun commentaire:
Enregistrer un commentaire